Menya amateka y’umunsi wa Saint Valentin
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana impano zitandukanye ziganjemo indabo.
Umunsi...
Ifoto ya Musenyeri Edouard ikomeje kugaragaza ukwiyoroshya no kwicisha bugufi kwe
Ku rubuga rwa Twitter ya Kinyamateka hagaragara ifoto ya Musenyeri Edouard Sinayobye umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu agenda mu isayo y’ibyondo ndetse n’ikirere kirimo...
Mu cyumweru cy’umuryango hazatangwa inyigisho ku bashakanye zizabafasha kuvugurura urukundo rwabo
Icyumweru cy’umuryango ni umwanya mwiza abashakanye babonye wo kongera kwibaza bimwe mu bibazo bikurikira bibafasha kongera kuvugurura urukundo rwabo.
-Ese ni he umugabo cyangwa umugore wanjye...
Arikiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal KAMBANDA yatangije icyumweru cy’umuryango
Arikiyesiko wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda akaba na Perezida wa Komisiyo ishinzwe umuryango mu nama y’Abepisikopi Gatorika mu Rwanda yatangije icyumweru cy'Umuryango.
Iki cyumweru cyatangijwe...
Musenyeri Kizito yakoze impanuka agonga umunyegare ahita apfa
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Gashyantare 2022, Musenyeri Kizito Bahujimihigo yakoze impanuka agonga umunyegare ahita apfa, Musenyeri nawe ahita...
Izi nyigisho zagufasha gukira no kumenya kubana n’ibikomere by’ubuzima
Nubwo izi nyigisho zahawe Abapadiri bwite b’Arikidiyosezi ya Kigali mu rugendo rwa Sinodi mu kugendera hamwe ruzabafasha gukora ubutumwa neza, izi nyigisho zikubiyemo ubuzima...
Musenyeri Arnaldo Catalan niwe ntumwa ya Papa mu Rwanda
Reverend Musenyeri Arnaldo Catalan wo muri Diyosezi ya Manila muri Philippines, niwe watorewe kuba Intumwa nshya ya Papa Francis mu Rwanda.
Inama y’Abaminisitiri yateranye...
Umubonezo wa Gisaserodoti ni ibanga ryo kugira ubuzima busendereye
Abapadiri bwite b’Arikidiyosezi ya Kigali bakomeje urugendo rwa Sinodi mu kugendera hamwe ruzabafasha gukora ubutumwa neza.
Nyiricyubahiro Antoine Caridinali Kambanda Arikiyesikopi wa Kigali niwe wafunguye...
Caridinali Antoine Kambanda n’Abasenyeri bo muyandi madini bahuriye mu isengesho ryo gusabira ubumwe bw’abakirisitu
Mucyumweru cyahariwe gusabira ubumwe bw’abakirisitu abasenyeri baturutse mu madini atandukanye bafatanyije na Arikiyesikopi wa Kigali Antoine Karidinali Kamabanda isengesho ryo gusabira ubumwe bw’abakirisitu.
Arikiyepisikopi wa...
Umwana uhora kuri Tereviziyo na Mudasobwa atakaza ubushobozi bwo gufata mu mutwe
Ubushakashatsi bwagaragaje ko umwana uhora areba Tereviziyo no kuri Mudasobwa bimwangiza ubwonko.
Ubu bushakashatsi bwasohotse tariki ya 4 Nzeri 2020, bwerekanye ko abana bafite imyaka...